Ubwenge , ubuhanga , umurava n’ubwitange yashyize ku kigero cy’amayeri ahambaye bwatanze insinzi idasanzwe kuri Leta y’Abayahudi , kubaho kw’igihugu cye kandi abikora yiyoberanya acengeye mu bushyorishori bw’igihugu cy’amahanga cyagambiriye gusenya icye.
Amateka y’intasi Eli cohen yasize amateka adasanzwe adasanzwe mu buhanga bw’ubutasi kugeza magingo aya ntabwo ibikorwa bye birayingayingwa na benshi muri uwo mwuga.
#IBIRARIBYUBUTEGETSI na #AlphonseMuhireMunana